RwandaTV

Abantu 8,018 babonye akazi binyuze mu bigo bihuza abagashaka n’abagatanga. N mu gihe umubare w’abari mu myaka yo gukora wiyongera ku kigereranyo cya 3% buri mwaka hagati ya 2017-2024.


Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo, Amb. @CNkulikiyinka, yabigarutseho ubwo yasangizaga Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco, Siporo n'Urubyiruko ishusho y’iterambere ry’umurimo mu rubyiruko n'ingamba zo kwihutisha iterambere ry'umurimo urambye. #RBAAmakuru

2 days ago | [YT] | 47