Urupfu rwa Mara Phone ::::::::::::::::::::::::::::::::::::::::: Taliki 07/10/2019 mu cyanya cyahariwe inganda i Masoro hatashywe uruganda rwa Mara Phone. Icyo gihe Umushoramali Ashish Thakkar wari uruyoboye akaba yarabwiye Perezida wa Repubulika wari wagiye kurufungura ku mugaragaro ko arirwo ruganda rwa mbere muri Afurika rugiye gukora telephone zigendanwa noneho za âsmartphonesâ.
Iki gihe bavugaga ko buri munsi hazajya hasoka telephone 1200 zikoze kandi zose zikaba zakozwe nâurwo ruganda guhera ku gitekerezo kugeza isohotse mu ruganda rugatanga akazi ku bantu 1200.
Telephone za Mara Phone twahise dutangira kuzibona ku isoko. Mara X na Mara Z ziza zidahenze cyane kuko Mara X ntiyarenzaga ibihumbi 130 naho Mara Z itageza mu bihumbi 180 , igiciro cyatumaga zihangana nâizindi ziri ku isoko. Ibigo bya Leta nâbifite icyo bipfana nayo ku mikoro bihatirwa kuba Mara Phone bagura. Isoko ryari rihari.
Nyuma yâamezi abiri gusa uru ruganda rutangiye, ubwo muri Afurika yâEpfo harimo habera Inama yiga ku Ishoramali muri Afurika, Umuyobozi Mukuru wa Mara Phone Ashish Thakkar yabwiye Abayobozi bayitabiriye ko ishoramari bakoze ryo gukorera telephone muri Afurika riri gutanga umusaruro cyane!
Iki gihe yavuze ko izi telefoni za Mara Phone zikorerwa mu Rwanda ziri kugurishwa mu bihugu 41 kandi bitanu bya mbere mu bizigura cyane byari u Budage, u Bwongereza, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Butaliyani nâu Busuwisi.
Uruganda rwa Mara Phone mu Rwanda byatangajwe ko rwashowemo Miliyoni 50 zâAmadorali yâAbanyamerika! Ikigega Agaciro Development Fund kikaba cyari umwe mu bashoramali bakomeye bâuru ruganda!
Mu ntangiriro za 2022, hatangiye kuvugwa inkuru mbi yâicyamunara cyâuruganda rwa Mara Phone rwo muri Afurika yâEpfo, uru narwo rukaba rwari rwaravukiye mu gihe kimwe nâurwa Mara Phone rwo mu Rwanda, inkuru zikaba zaravugaga ko rwamaze guhomba!
Mu nkuru yâIgihe yo ku italiki 10/2/2022 babajije Eddy Sebera wayoboraga Maraphone yo mu Rwanda niba yo ntacyo ipfana no guhomba kwa Mara Phone yo muri Afurika yâEpfo arabihakana yemeza ko iyo mu Rwanda nta kibazo yari ifite!
Ibyo yavugaga bishobora kuba byarimo ukuri gucye kuko nâubwo Sebera yahakanaga ko iyo mu Rwanda nta kibazo ifite hari amakuru avugwa ko abakozi bayo Mara bamaze igihe badahembwa ndetse batakiza ku kazi.
Muri VAR harimo iki? ::::::::::::::::::::::: Uruganda rwatangiriye mu kinyoma ngo bikorera telephone zabo bwite ku giti cyabo kuva kuri A-Zđł
Mara Phone itangira, yagiye muri Turukiya ivugana nâuruganda rwaho rukora telephone rwitwa General Mobile! Baguzeyo Telephone zikoze(biremewe mu byâInganda) zo mu bwoko bwa GM8, iyi igeze i Masoro niyo bayise Mara X nâindi yo mu bwoko bwa GM9 igeze i Masoro bayita Mara Z! Zishyirwa ku isoko nkâiza Mara Phone ariko bitemewe ko bakwandikaho ko zakorewe mu Rwanda!
Gusa byageze muri 2021 Mara Phone yaramaze kuzana inzobere zivuye muri ruriya ruganda rwa General Mobile na machines zifashishwa mu gukora uruganda rwa telephone, bahugura abakozi bari kuzikora birangira noneho bateranya izabo bikoreye!
Gusa zasaga na zazindi nâubundi ariko hano bari begeze ku rwego bakwandikaho ko zakorewe mu gihugu uruganda rurimo! Mara X yahindutse Mara X1 naho Mara Z ihinduka Mara Z1.
Ibi bibaye, mu gihe kitageze nâumwaka uruganda rwari ruhagaze. Abakozi bamaze igihe badahembwa barataha. Ku ruganda haba haje abashyitsi bakomeye bagatumaho bake cyane bari bukora nka Telephones zitarenze 5 zo kwereka abashyitsi nâamafoto.
Hashize igihe ba bakozi baratashye bagiye kubona babona ubutumwa bugufi bwa banki bwâimishahra yabo, ariko noneho atari Mara Phone yabahembye, imishahara yari yishyuywe nâAgaciro Development Fund. Gusa ntibasabwa kugaruka mu kazi.
Bivugwa ko mu gihe kitarenze imyaka 2 gusa icyari uruganda rwa Mara Phone cyari gitwitse Miliyoni 50 zâAmadorali.
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
Jama wange byamurenze no muri video yari afite ibitwenge ! đđ
Ariko nawe ibaze wicaye uziko Muzehe akwicaye inyuma đđ€
4 months ago | [YT] | 20
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
Top movie now
4 months ago | [YT] | 1
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
Urupfu rwa Mara Phone
:::::::::::::::::::::::::::::::::::::::::
Taliki 07/10/2019 mu cyanya cyahariwe inganda i Masoro hatashywe uruganda rwa Mara Phone. Icyo gihe Umushoramali Ashish Thakkar wari uruyoboye akaba yarabwiye Perezida wa Repubulika wari wagiye kurufungura ku mugaragaro ko arirwo ruganda rwa mbere muri Afurika rugiye gukora telephone zigendanwa noneho za âsmartphonesâ.
Iki gihe bavugaga ko buri munsi hazajya hasoka telephone 1200 zikoze kandi zose zikaba zakozwe nâurwo ruganda guhera ku gitekerezo kugeza isohotse mu ruganda rugatanga akazi ku bantu 1200.
Telephone za Mara Phone twahise dutangira kuzibona ku isoko. Mara X na Mara Z ziza zidahenze cyane kuko Mara X ntiyarenzaga ibihumbi 130 naho Mara Z itageza mu bihumbi 180 , igiciro cyatumaga zihangana nâizindi ziri ku isoko. Ibigo bya Leta nâbifite icyo bipfana nayo ku mikoro bihatirwa kuba Mara Phone bagura. Isoko ryari rihari.
Nyuma yâamezi abiri gusa uru ruganda rutangiye, ubwo muri Afurika yâEpfo harimo habera Inama yiga ku Ishoramali muri Afurika, Umuyobozi Mukuru wa Mara Phone Ashish Thakkar yabwiye Abayobozi bayitabiriye ko ishoramari bakoze ryo gukorera telephone muri Afurika riri gutanga umusaruro cyane!
Iki gihe yavuze ko izi telefoni za Mara Phone zikorerwa mu Rwanda ziri kugurishwa mu bihugu 41 kandi bitanu bya mbere mu bizigura cyane byari u Budage, u Bwongereza, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Butaliyani nâu Busuwisi.
Uruganda rwa Mara Phone mu Rwanda byatangajwe ko rwashowemo Miliyoni 50 zâAmadorali yâAbanyamerika! Ikigega Agaciro Development Fund kikaba cyari umwe mu bashoramali bakomeye bâuru ruganda!
Mu ntangiriro za 2022, hatangiye kuvugwa inkuru mbi yâicyamunara cyâuruganda rwa Mara Phone rwo muri Afurika yâEpfo, uru narwo rukaba rwari rwaravukiye mu gihe kimwe nâurwa Mara Phone rwo mu Rwanda, inkuru zikaba zaravugaga ko rwamaze guhomba!
Mu nkuru yâIgihe yo ku italiki 10/2/2022 babajije Eddy Sebera wayoboraga Maraphone yo mu Rwanda niba yo ntacyo ipfana no guhomba kwa Mara Phone yo muri Afurika yâEpfo arabihakana yemeza ko iyo mu Rwanda nta kibazo yari ifite!
Ibyo yavugaga bishobora kuba byarimo ukuri gucye kuko nâubwo Sebera yahakanaga ko iyo mu Rwanda nta kibazo ifite hari amakuru avugwa ko abakozi bayo Mara bamaze igihe badahembwa ndetse batakiza ku kazi.
Muri VAR harimo iki?
:::::::::::::::::::::::
Uruganda rwatangiriye mu kinyoma ngo bikorera telephone zabo bwite ku giti cyabo kuva kuri A-Zđł
Mara Phone itangira, yagiye muri Turukiya ivugana nâuruganda rwaho rukora telephone rwitwa General Mobile! Baguzeyo Telephone zikoze(biremewe mu byâInganda) zo mu bwoko bwa GM8, iyi igeze i Masoro niyo bayise Mara X nâindi yo mu bwoko bwa GM9 igeze i Masoro bayita Mara Z! Zishyirwa ku isoko nkâiza Mara Phone ariko bitemewe ko bakwandikaho ko zakorewe mu Rwanda!
Gusa byageze muri 2021 Mara Phone yaramaze kuzana inzobere zivuye muri ruriya ruganda rwa General Mobile na machines zifashishwa mu gukora uruganda rwa telephone, bahugura abakozi bari kuzikora birangira noneho bateranya izabo bikoreye!
Gusa zasaga na zazindi nâubundi ariko hano bari begeze ku rwego bakwandikaho ko zakorewe mu gihugu uruganda rurimo!
Mara X yahindutse Mara X1 naho Mara Z ihinduka Mara Z1.
Ibi bibaye, mu gihe kitageze nâumwaka uruganda rwari ruhagaze. Abakozi bamaze igihe badahembwa barataha. Ku ruganda haba haje abashyitsi bakomeye bagatumaho bake cyane bari bukora nka Telephones zitarenze 5 zo kwereka abashyitsi nâamafoto.
Hashize igihe ba bakozi baratashye bagiye kubona babona ubutumwa bugufi bwa banki bwâimishahra yabo, ariko noneho atari Mara Phone yabahembye, imishahara yari yishyuywe nâAgaciro Development Fund. Gusa ntibasabwa kugaruka mu kazi.
Bivugwa ko mu gihe kitarenze imyaka 2 gusa icyari uruganda rwa Mara Phone cyari gitwitse Miliyoni 50 zâAmadorali.
Imashini zâuruganda amashuli yigisha ikoranabuhanga ashibora kwifashisha nayo bivugwa ko araho ntawe uzi ibyayo.
From HAZWUMUREMYI JOSEPH
4 months ago | [YT] | 2
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
Rwanda đ·đŒ
1 year ago | [YT] | 3
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
M23 I Goma
1 year ago | [YT] | 2
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
Ubundi iyo rugigana yemeye kumanika amaboko biba byakaze, Thank you Rwanda đ·đŒâ€ïžđȘđ
1 year ago | [YT] | 2
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
Happy New year đđ
1 year ago | [YT] | 2
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
The Ben na Pamela baritegura kwibaruka imfura yabo,imitima myinshi muri comment niba ntashaza ugirađâ€ïžđ
1 year ago | [YT] | 2
View 0 replies
AGASOBANUYE & Entertainment newsOFFICIAL
1 year ago | [YT] | 2
View 0 replies
KIGALI NEWS & UPDATES OFFICIAL
Merry Christmas bantu banjye đ«¶,unkoreye subscribe waba ukozeđ
1 year ago | [YT] | 2
View 0 replies
Load more