Papa na Trump ntibari gucana uwaka ====================== Perezida wa Amerika Donald Trump, mu butumwa yanyujije ku rukuta rwa Truth Social, yibasiye Papa Leo XIV umaze iminsi anenga imyitwarire ye yo kwigira igihangane avuga amagambo yuzuye itearabwoba n'ubugizi bwa nabi akananenga Intambara uyu muyobozi wa Amerika yashoye kuri Irani.
Muri ubu butumwa Perezida Tump yagize ati"Papa Leo ntasobanukiwe n'ibirebana n'ubugizi bwa nabi kandi ntashoboye na gato iby'ububanyi n'amahanga. Aravuga ubwoba atewe n'imiyoborere ya Donald Trump, ariko ntacyo yavuga ku bwoba Kiliziya Gatolika n'andi madini ya gikristu yari afite igihe cya COVID ubwo abapadiri bafungwaga bazira ko barenze irembo bajya gusoma Misa cyangwa gutanga Amasakaramentu."
Yakomeje agira ati" Sinshaka Papa wumva ntacyo botwaye kuba Irani yatunga ibirwaro bya kirimbuzi. Sinshaka Papa uvuga ko Amerika yagize nabi itera Venezuwela, igihugu cyakwizaga Ibiyobyabwenge muri Amerika, ndetse bibi kurushaho kikohereza abagizi ba nabi bacyo barimo abicanyi, abacuruza Ibiyobyabwenge, mu gihugu cyacu. Sinshaka Papa unenga Perezida wa Amerika mu gihe ndimo gukora ibyo natorewe gukora, aho nagabanyije ubugizi bwa nabi mu gihugu ku kigero kitagrzweho n'undi wundi ndetse nkafasha n'igihugu kurunda imari ihagije ku isoko ry'imigabane."
Muri ubu butumwa burebure, Perezida Trump yanavuze ko Papa Leo yatunguranye ubwo yabaga Papa, kuko atari ku rutonde rw'abagombaga kuba Papa. Akomeza avuga ko yabaye Papa kubera we, Kiliziya yifuza ko yayifasha kuzanoza Umubano na Trump. Akemeza ko iyo ataba Perezida wa Amerika na Papa Leo atari gutorwa.
Trump akomeza avuga ko Papa Leo abona atarimo kugendana na we ahubwo ko yibona mu bo ahanganye na bo nyamara baratotezaga Kiliziya. Yasabye Papa kureka gushyigikira ab'igihande cyatsinzwe ahubwo akaba Papa mwiza ibya Politiki akabishyira ku ruhande kuko bizamutesha agaciro bikanagatesha Kiliziya Gatolika.
Trump atangaje aya magambo akomeye nyuma y'aho havuzwe ko Minisiteri y'ingabo ya Amerika yatumije Ambasaderi wa Papa ikamwihanangiriza kwivanga mu bikorwa n'Igisirikare cya Amerika. Vatikani yanyomoje aya makuru ivuga ko n'ubwo Ambasaderi wa Papa muri Amerika yakiriwe na Minisiteri y'Intambara ibyatangajwe ko byavugiwe muri iyi nama atari byo.
Trump kandi atangaje aya magambo nyuma y'aho Papa Leo XIV atangaje ubutumwa bwagarutse ku myitwarire mibi ikomeje kuranga Trump yo kwigira intakoreka na gashozantambara, Papa akavuga ako adakwiye kwigira ikigirwamana kandi yangiza.
Abayobozi batandukanye ntibakiriye neza amagambo yatangajwe na Trump.
INKUBI OFFICIAL TV
5 hours ago | [YT] | 11
View 0 replies
INKUBI OFFICIAL TV
#Rwanda đ·đŒ - #Congo | Cet aprĂšs-midi, le prĂ©sident @PaulKagame est arrivĂ© Ă Brazzaville en vue de la cĂ©rĂ©monie d'investiture du prĂ©sident Ă©lu de la RĂ©publique du Congo, Denis Sassou Nguesso, qui aura lieu demain. Le prĂ©sident a Ă©tĂ© accueilli par le Premier ministre Anatole Collinet Makosso. Il faut signaler que son homologue rd-congolais y sera aussi .
17 hours ago | [YT] | 10
View 2 replies
INKUBI OFFICIAL TV
https://youtu.be/JvmMj26Kv68
18 hours ago | [YT] | 21
View 0 replies
INKUBI OFFICIAL TV
đš ITANGAZO RYIHUTIRWA đš
đąTuramenyesha abakunziâ„ïž Bose ba INKUBI MEDIA TV& INKUBI OFFICIAL TV ko habaye IKIBAZO cya Technique kubwibyo tukaba twabaye twimukiye kumuyoboro mushya ariwowe MUBONA aho KU ifoto witwa ISAHA MEDIA TURABASABA nkuko mwabikoze mbere n'umutima ukunze mubana natwe mudusure MUKORE subscribe MUKORE like and share.Tubashimiye ko muri bwihanganire IMPINDUKA zitaduturutsehođđđ
1 day ago | [YT] | 45
View 1 reply
INKUBI OFFICIAL TV
Papa na Trump ntibari gucana uwaka
======================
Perezida wa Amerika Donald Trump, mu butumwa yanyujije ku rukuta rwa Truth Social, yibasiye Papa Leo XIV umaze iminsi anenga imyitwarire ye yo kwigira igihangane avuga amagambo yuzuye itearabwoba n'ubugizi bwa nabi akananenga Intambara uyu muyobozi wa Amerika yashoye kuri Irani.
Muri ubu butumwa Perezida Tump yagize ati"Papa Leo ntasobanukiwe n'ibirebana n'ubugizi bwa nabi kandi ntashoboye na gato iby'ububanyi n'amahanga. Aravuga ubwoba atewe n'imiyoborere ya Donald Trump, ariko ntacyo yavuga ku bwoba Kiliziya Gatolika n'andi madini ya gikristu yari afite igihe cya COVID ubwo abapadiri bafungwaga bazira ko barenze irembo bajya gusoma Misa cyangwa gutanga Amasakaramentu."
Yakomeje agira ati" Sinshaka Papa wumva ntacyo botwaye kuba Irani yatunga ibirwaro bya kirimbuzi. Sinshaka Papa uvuga ko Amerika yagize nabi itera Venezuwela, igihugu cyakwizaga Ibiyobyabwenge muri Amerika, ndetse bibi kurushaho kikohereza abagizi ba nabi bacyo barimo abicanyi, abacuruza Ibiyobyabwenge, mu gihugu cyacu. Sinshaka Papa unenga Perezida wa Amerika mu gihe ndimo gukora ibyo natorewe gukora, aho nagabanyije ubugizi bwa nabi mu gihugu ku kigero kitagrzweho n'undi wundi ndetse nkafasha n'igihugu kurunda imari ihagije ku isoko ry'imigabane."
Muri ubu butumwa burebure, Perezida Trump yanavuze ko Papa Leo yatunguranye ubwo yabaga Papa, kuko atari ku rutonde rw'abagombaga kuba Papa. Akomeza avuga ko yabaye Papa kubera we, Kiliziya yifuza ko yayifasha kuzanoza Umubano na Trump. Akemeza ko iyo ataba Perezida wa Amerika na Papa Leo atari gutorwa.
Trump akomeza avuga ko Papa Leo abona atarimo kugendana na we ahubwo ko yibona mu bo ahanganye na bo nyamara baratotezaga Kiliziya. Yasabye Papa kureka gushyigikira ab'igihande cyatsinzwe ahubwo akaba Papa mwiza ibya Politiki akabishyira ku ruhande kuko bizamutesha agaciro bikanagatesha Kiliziya Gatolika.
Trump atangaje aya magambo akomeye nyuma y'aho havuzwe ko Minisiteri y'ingabo ya Amerika yatumije Ambasaderi wa Papa ikamwihanangiriza kwivanga mu bikorwa n'Igisirikare cya Amerika. Vatikani yanyomoje aya makuru ivuga ko n'ubwo Ambasaderi wa Papa muri Amerika yakiriwe na Minisiteri y'Intambara ibyatangajwe ko byavugiwe muri iyi nama atari byo.
Trump kandi atangaje aya magambo nyuma y'aho Papa Leo XIV atangaje ubutumwa bwagarutse ku myitwarire mibi ikomeje kuranga Trump yo kwigira intakoreka na gashozantambara, Papa akavuga ako adakwiye kwigira ikigirwamana kandi yangiza.
Abayobozi batandukanye ntibakiriye neza amagambo yatangajwe na Trump.
2 days ago | [YT] | 21
View 4 replies
INKUBI OFFICIAL TV
Ibalanky sait trĂšs bien que la Suisse est dĂ©jĂ hors jeu⊠tout se joue dans lâaccord de Washington. Mais il prĂ©fĂšre ne pas le dire Ă ses nouveaux alliĂ©s.
đ Fatshi va encore bien rire de tout ça đ
3 days ago | [YT] | 15
View 0 replies
INKUBI OFFICIAL TV
Mu mujyi wa Goma mu gace kazwi nka Birere umugabo ukora muri imwe muri Resitora zikorera mu Birere aravuga ko atwawe igitsina kiwe n'umugore waruje kurya muri iyo Resitora.
Byagenze gute ubundi ngo uyu mugabo abure igitsina kiwe "umugore yagiye kurya muri resitora agezemo ahabwa ibiryo ,igihe amaze gufata ibiryo yakojeje intoki ku gitsina cy'uyu mugabo warumaze kumugaburira ,umusore yahise ata ubwenge,atangira kuvuza induru ariherera ajya kuri Wc ahita asanga igitsina barayitwaye,uyu mugore yahise afatwa na police ya #Afcm23 ,mu gihe abaturage bakubitaga uwo mugore bamusaba igitsina cy'uwo mugabo.
Umugabo nawe yajyanywe na police ngo babahuze amusubize igitsina kiwe.
Kubura igitsina ku bagabo byahereye mu mujyi wa Uvira ,Bujumbura na Tanzania.
3 days ago | [YT] | 15
View 1 reply
INKUBI OFFICIAL TV
AMASEZERANO YâUMUTEKANO NâAMAHORO MURI CONGO
Hagati yâabashyize umukono hasi:
Bwana Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo
Umuyobozi wâicyubahiro wâihuriro rya politiki
CAP POUR LE CHANGEMENT (CACH)
Aha yitwa uwashyize umukono wa mbere ku ruhande rumwe;
Na
Bwana Joseph Kabila Kabange
Umuyobozi wâicyubahiro wâihuriro rya politiki
FRONT COMMUN POUR LE CONGO (FCC)
Aha yitwa uwashyize umukono wa kabiri ku rundi ruhande;
BYEMEJWE KANDI BYEMERANYIJWE IBI BIKURIKIRA:
Mu rwego rwo gutuma habaho ihererekanyabubasha mu mahoro, impinduka irambye no kubungabunga umutekano nâamahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uwashyize umukono wa mbere yemeye ibi bikurikira:
Ingingo ya 1:
Ubudahangarwa busesuye ku muryango wa Kabila (umuryango nâabategetsi bo mu butegetsi bwe).
Nta gukurikiranwa mu mategeko ku byaha byose bishoboka byakozwe (ibyaha byâubwicanyi, ibyaha byâubukungu nâibindi).
Ingingo ya 2:
Kujya inama hagati yâabayobozi bombi (TshisekediâKabila) mbere yo gushyiraho gahunda zose, cyane cyane mu nzego zâumutekano (igisirikare, polisi nâinzego zâubutasi), ubutabera, ibigo bya Leta nâimiyoborere yâuturere.
Ingingo ya 3:
Gushyigikira mu matora ya perezida ya 2023, aho uruhande rwa Tshisekedi ruzashyigikira umukandida wa FCC (uruhande rwa Kabila).
Bikorewe i Kinshasa (Kingakati), ku wa 08 Mutarama 2018
Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo
Joseph Kabila Kabange
Abatangabuhamya mpuzamahanga:
Uhuru Kenyatta â Perezida wa Kenya
Al-Sisi â Perezida wa Misiri
Cyril Ramaphosa â Perezida wa Afurika yâEpfo
Abatangabuhamya bo mu gihugu:
Delphin Kahimbi
Célestin Mbala
John Numbi
Amisi Kumba
Jean-Claude Yav Kabey
3 days ago | [YT] | 11
View 3 replies
INKUBI OFFICIAL TV
USA đșđž: Le prĂ©sident Trump publie une image le reprĂ©sentant sous les traits de JĂ©sus-Christ
USA đșđž: Perezida Trump yashyize hanze ifoto imugaragaza asa na Yesu Kristu.
3 days ago | [YT] | 25
View 7 replies
INKUBI OFFICIAL TV
1) Yannick Tshisola a été amputé des doigts par le M23.
Le malheur est entrain de s'abattre sur tout ceux qui ont rejoint le mouvement terroriste M23.
Ces gens sont sans coeur!
6 days ago | [YT] | 21
View 0 replies
Load more